Kuba ikirangirire ni amahitamo- Perezida Kagame

Mu migani ya kera irengurira ku kugaragaza abantu barebare, banini cyane kandi b’abanyembaraga banditse amateka bagafatwa nk’ibirangirire, mu rurimi rw’Icyongereza bakoresha ijambo “Giant”. Bagaragazwa nk’abantu bafite imbaraga zirenze iza muntu kuko ibyo bakoraga birenze ubushobozi bumenyerewe. Ikirangirire ariko ni ijambo rinakoreshwa mu gusobanura ibigo cyangwa abantu b’abanyembaraga bakoze cyangwa bagikora ibikorwa by’indashyikirwa bihindura ubuzima bwa benshi…

Inkuru irambuye

Perezida Kagame yasabye urubyiruko rwa Afurika guteza imbere umugabane wabo

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gutangira gukora ibikomeye no gutanga umusanzu warwo mu guteza imbere umugabane wa Afurika. Ibi Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza imyaka 20 Umuryango Giant of Africa umaze ushinzwe. Masai Uhiri washinzwe uyu muryango avuga ko urubyiruko rufite ubushobozi bwo kuba ibihangange. Perezida Kagame yibukije urubyiruko kudahora…

Inkuru irambuye

Ingendo: Abagenzi barinubira ko imodoka zijya mu ntara zabuze

Abagenzi batega imodoka muri za gare berekeza hirya no hino mu gihugu bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ibura ry’imodoka ngo n’ubonye uko atega ibiciro bikaba byikubye incuro ebyiri. Muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo imirongo y’abagenzi yari miremire mu masaha ya mbere ya saa sita zo kuri iki Cyumweru, kandi imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zari zamaze…

Inkuru irambuye