Kigali: Hamuritswe “Tekeraheza app” uburyo bworohereza abashaka kugura gaz

Kuri uyu wa 1 Gicurasi 2026, ubwo ikigo “Yes shop Ltd” kizihizahizaga umunsi w’umurimo, cyamuritse ku mugaragaro “Tekeraheza app” ubu bukaba ari uburyo bufasha iki kigo n’abakiriya bacyo mu kugura no kugurisha gaz. Ntibitura Jean D’Amour ni chairman w’iki kigo, avuga ko iyi gahunda ije guhindura uburyo abakiriya babonagamo gaz. Ati:”Bari bamenyereye gufata amacupa bajyana…

Inkuru irambuye

Key steps the EAC must take to embrace AI, according to minister Paula Ingabire

The minister of ICT and Innovation, Paula Ingabire, has outlined five critical steps that member states of the East African Community (EAC) should jointly undertake to promote the adoption of Artificial Intelligence (AI) across various sectors, ensuring that the region’s development keeps pace with global advancements. She made these remarks on March 30, 2026, while…

Inkuru irambuye

Kohererezanya amafaranga kuri terefone byahinduye urwego rw’imari rw’Afurika-Perezida Kagame

  Mu muhango wo gufungura inama yiga ku iyerambere ry’urwego rw’imari n’imitangire ya serivise hifashishijwe ikoranabuhanga yiswe “Inclusive FinTech Forum”, Perezida Paul Kagame yahishuye ko guhererekanya amafaranga kuri terefone byashyize urwego rw’imari rw’Afurika ku rundi rwego. Muri iyi nama irimo kubera muri Kigali Convention Center, kuva ku wa 24-26 Gashyantare 2025, Perezida Kagame yagize ati…

Inkuru irambuye

Airtel yatangije uburyo bwo guhamagara binyuze muri serivisi yitwa ‘Voice over LTE’ ikoresha 4G

Ni yo sosiyete y’itumanaho itangije iki gikorwa mu Rwanda. Ni ikoranabuhanga rishya ryihuta, rijyanye na gahunda ya leta yitwa ‘broadband policy’ yasohotse muri 2022 ishingiye ko leta y’u Rwanda yashakaga ko serivisi zikoranabuhanga zijya ku ikoranabuhanga rishya kdi ryihuta ku giciro cyiza ku banyarwanda bose. Umuyobozi Mukuru wa Airtel Rwanda, Emmanuel Hamez yavuze ko ubu…

Inkuru irambuye

Coco wa Coco skin care akangurira abantu kwiyitaho birinda indwara no gusaza

Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Uwamahoro Claudine (Coco) avuga ko yatangiye kwiyumvamo ibyo kwita ku bwiza (beauty) afite imyaka 12 aho yakundaga kwisiga ku bikoresho by’aba tante na babyara be (make up) dore ko iwabo ho bitahabaga, nyina yari umukirisitu cyane adakunda abantu babyisiga. Hari ibyo yibuka byamwerekaga ko nyina atabikunda. Ati:”Ndabyibuka niga mu wa…

Inkuru irambuye

Byinshi kuri internet igiye kuzanwa mu Rwanda n’ikigo cya Elon Musk 

Mu cyumweru gishize ni bwo amakuru yatangiye gukwiwakwira ku mbuga nkoranyambaga yemeza ko ihuriro ry’ibyogajuru bitanga internet ryiwa Starlink ryemerewe gutangira gutanga serivisi za internet mu Rwanda.  Starlink icungwa n’Ikigo SpaceX cy’umuherwe w’Umunyamerika Elon Musk uherutse kugura Twitter, ikaba itanga internet yihuta inshuro zirenze eshatu isanzwe ikoreshwa mu Rwanda kandi ku giciro kijya kungana n’igisanzwe…

Inkuru irambuye